Pas encore inscrit ? Creez un Overblog!

Créer mon blog
HITAYEZU

HITAYEZU

Ses blogs

hitemmy

hitemmy.over-blog.com
HITAYEZU HITAYEZU
Articles : 37
Depuis : 31/10/2007
Categorie : Lifestyle

Articles à découvrir

GUTANGA AVANCE NI NGOMBWA HAGATI Y'ABAKUNDANA BATARASHAKANA?

GUTANGA AVANCE NI NGOMBWA HAGATI Y'ABAKUNDANA BATARASHAKANA?

NI NGOMBWA SE KOKO GUTANGA AVANCE? Muri iki gihe, hasigaye harateye ibyo bita "kurya avance" hagati y'abakundana. Nyamara abantu ntibabivugaho rumwe kuko bamwe babibona nk'ingeso mbi y'ubusambanyi abandi bakabifata nk'ibintu by'ingenzi hagati y'abakunadana. Buri wese yibaza rero icyo yakorera umukunzi we kugira ngo barambane. Abenshi babikora kugir
IYI NI NEW EDEN SINGERS CHOIR (PTS- GISHARI) mu gitaramo cyabereye i Kabuga - Gishore

IYI NI NEW EDEN SINGERS CHOIR (PTS- GISHARI) mu gitaramo cyabereye i Kabuga - Gishore

Iyi ni NEW EDEN SINGERS CHOIR mu gitaramo cy'ivugabutumwa yari yakoresheje mu rugengero rw'Abadventiste i GISHORE hafi y'I KABUGA. Kikaba cyarabaye tariki 10 /8/2013. Iyi Korali iboneyeho gushimira biyivuye ku mutima abakunzi bayo bayiherekeje, baturutse impande zitandukanye z'igihugu cy'u Rwanda ndetse no hanze yacyo, bakemera kwifatanya nayo ngo
Mukobwa, menya ibintu bitandukanye wakwifashisha ngo umenye igihe ushobora kuba wasama

Mukobwa, menya ibintu bitandukanye wakwifashisha ngo umenye igihe ushobora kuba wasama

Ubusanzwe abantu bakoresha uburyo bwo kubara iminsi hakoreshejwe ingengabihe (calender), ariko ubu buryo bushobokera abafite iminsi idahinduka, aho bavuga ko iminsi nk’ine (4) nyuma y’iminsi 3 uvuye ku munsi wa Ovulation (Umunsi w’Uburumbuke), ni ukuvuga umunsi wa 14 ubaze uhereye ku munsi wa mbere wabonyeho imihango, ari yo iba ishobora kuba

Ingaruka ku banze kubahiriza Isabato

Ingaruka ku banze kubahiriza Isabato “Niba ababyeyi bahaye abana babo uburezi bw’isi kandi bakabemerera gufata isabato nk’umunsi usanzwe, ntibashobora gushyirwaho ikimenyetso cy’Imana. Bazarimburanwa n’isi. Mbese ku bw’ibyo ababyeyi ntibazaryozwa amaraso yabo ? Ariko nitwigisha abana bacu amategeko y’Imana dukiranutse, tukabatera kumv

KUBERA UBURYO ABASORE BAHEMUKA MWUMVE UYU IBYAMUBAYEHO.

Aragira ati: Muraho! Mungire inama, nakundanye n’umuhungu maze nyuma y’amezi atanu ati dupange ubukwe ndemera kuko namukundaga kandi twari tunaziranye bisanzwe. Ubwo kandi yari afite undi mukunzi arangije arabimpisha nawe bakajya bapanga ubukwe, ni uko nyuma mbona yarahindutse namuhamagara akanyihorera akanyima umwanya ndamuhendahenda turahura

Ku bantu badakundwa; aya ni amabanga 7 yatuma mukundwa cyane nk’abandi

Gukunda akenshi usanga byoroshye kubigenga bityo ukamenya uwo umutima wawe wishimiye. Gukundwa byo usanga kuri bamwe biba ingorabahizi muBgihe hari abandi wakeka ko bagira uburozi baha buri wese bahuye nawe. Dore inzira zirindwi wanyuramo ugakundwa nawe bikakunyura: 1. Menya kwigomwa igihe cyawe ugiriye uwo ukunda Burya n’ubwo umunyarwanda yavuze

Ese umukobwa ata ubusugi ryari? Benshi mu basore ibi babyibeshyaho

Iki ni ikibazo abantu benshi bakunda kwibaza, ndetse abantu banabajije bakabibasobanurira mu buryo butandukanye. Iri jambo rikunze gukoreshwa cyane ku bakobwa kuko ku bagabo biragoye kumenya niba ari imanzi cyangwa atariyo. Muri rusange, bavuga ko umukobwa ari isugi iyo atarigera akora imibonano mpuzabitsina hamwe n’uwo batandukanyije igitsina, n

ISABATO MU GIHE CY"IMPERUKA Y'ISI

Isabato mu gihe cy’imperuka Mu minsi y’imperuka, isabato izaba ikimenyetso kigirwa impaka, izaba ari isibaniro ry’urugamba ku muntu wese, abakomeye n’aboroheje, abategetsi n’abategekwa. Ni ikibazo kizinjira mu bwenge bw’inyoko muntu yose. Ubishaka utabishaka, uzagira icyo uyivugaho, ugire icyo uyihakanaho cyangwa ugire icyo uyizeraho. U